Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Rwanda Mountain Gorilla Rally: Sandrine na Davite babaye aba mbere mu bakinnyi bo mu Rwanda
7/07/2025 - 14:56
We spoke to the winner of 2025 Rwanda Mountain Gorilla Rally, Vohra and his co-driver Drew Sturrock
7/07/2025 - 15:36
#LiberationCup: Irebere ibiro bivuza ubuhuha mu mukino wa nyuma Police VC yatsinzemo APR VC
7/07/2025 - 10:07Iziheruka

25 bakekwaho gukorana na RNC batangiye kuburanishwa
3/10/2019 - 08:11
Dore imyambarire y’Abanyarwanda bo hambere n’ibisobanuro byayo
30/09/2019 - 18:35
Patriots yakoze umutambagiro imurikira abafana bayo igikombe
29/09/2019 - 13:10
Imibiri yabonetse muri Rwezamenyo yashyinguwe mu cyubahiro
28/09/2019 - 11:24
Ibyo utabonye ku mukino w’igikombe wahuje PATRIOTS na REG BBC
27/09/2019 - 14:23
Nyakabanda: Hatahuwe icyobo kirimo imibiri isaga 200 y’abishwe muri Jenoside
25/09/2019 - 05:24
Umubiri we wuzuye ibikomere kubera iyicarubozo yakorewe muri Uganda
22/09/2019 - 10:48
Kigali: Abacururiza muri CHIC barahavuga imyato
20/09/2019 - 19:44
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19