Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere uko ibirori bya ‘APR ku Ivuko’ byari byifashe ku Mulindi w’Intwari
4/07/2025 - 19:34
Ribara uwariraye - Ikiganiro cyihariye n’umuvugizi wungirije wa RDF
4/07/2025 - 08:36
Rwanda Mountain Gorilla Rally 2025: Uko umunsi wa mbere wagenze
5/07/2025 - 11:54Iziheruka

Icyegeranyo ku ruhare rwa Marcel Sebatware mu bwicanyi bwakorewe Abatutsi i Cyangugu
2/05/2020 - 21:16
Ntidushaka ko icyari ubukwe gihinduka ikiriyo, ubukwe ntiburi mu byemewe - Prof Shyaka
2/05/2020 - 10:53
#Covid19: Indi mirimo yemerewe gukomeza gukora. Menya impamvu zashingiweho bayemerera
1/05/2020 - 22:56
Rusumo: Umushoferi uvanye ikamyo muri Tanzania si we uyigeza i Kigali
1/05/2020 - 22:29
U Rwanda rwakiriye toni 15 z’ibikoresho by’ubuvuzi rwahawe na Qatar
30/04/2020 - 02:27
Umugezi wa Yanze wuzuye, ufunga inzira yahuzaga Nyabugogo na Kanyinya
29/04/2020 - 23:30
Kagame rubbishes ‘RDF in DRC’ claims, questions UN Force role
29/04/2020 - 23:17
Bukavu: Jeannot Witakenge yasezeweho mu buryo butangaje (Video)
29/04/2020 - 23:10
Abantu bajya kunywa INZOGA nimugoroba ni benshi cyane.Ese ubundi kunywa inzoga koko ni icyaha?Reka turebe icyo bible ibivugaho:Nkuko bible ibyerekana,Imana yemera ko ubishatse yanywa Vino cyangwa Inzoga nkeya.Byisomere muli Tito 2,umurongo wa 3;Timotewo wa mbere 3,umurongo wa 8 na 1 Timote 5,umurongo wa 23.Ndetse Imana iha inzoga na Vino abantu ikunda.Nabyo bisome muli Gutegeka kwa kabiri/Deuteronomy 14,umurongo wa 26 na Yesaya 25,umurongo wa 6.Abantu benshi bumviraga Imana,banywaga inzoga,urugero ni Yakobo.Soma Intangiriro 27:25.Icyo Imana itubuza,ni ukurenza urugero,byaba inzoga cyangwa ibindi biryo.Nabyo byisomere muli Luka 21,umurongo wa 34.Muli Abefeso 5,umurongo wa 18,Imana itubuza gusinda.Muli 1 Yohana 4:1,Imana idusaba “gushishoza” aho gupfa kwemera ibyo abanyamadini batubwira byose.Ikibabaje nuko abanyamadini benshi cyane banywera inzoga mu ngo zabo,bihishe.This is Hypocrisy kandi imana yanga abantu bayiryarya kubera kwishakira imibereho.Nicyo yahoye Abafarisayo.
Gahunda yaguma mu rugo izadufasha kwirinda covid19