Ibitekerezo ( 8 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Umva uko inka imwe izajya ibyara izindi 16 ku mwaka
24/09/2025 - 12:44
BIME AMATWI: Polisi irasaba Abanyarwanda kutemerera abatekamutwe kubarya utwabo
25/09/2025 - 23:29
Umva ikiganiro Minisitiri w’Intebe yagiranye n’abaturage ba Gisagara bakora muri Nyiramugengeri
24/09/2025 - 19:39Iziheruka

Hatahuwe igaraje ribagirwamo moto ziba zibwe
26/07/2021 - 22:11
Kigali: Inkongi yangije ibifite agaciro k’amafaranga arenga Miliyoni eshanu
23/07/2021 - 20:42
Wari uzi ko agahinda gakabije gashobora gutera uburwayi bwo mu mutwe?
23/07/2021 - 05:19
Polisi yerekanye itsinda ry’abantu bavugwaho kwambura abamotari babanje kubaniga
22/07/2021 - 00:04
Bisi 151 z’ubuntu zitwara abanyeshuri barimo gukora ibizamini bya Leta
21/07/2021 - 15:18
Menya uko abanyeshuri barwaye COVID-19 barimo gufashwa gukora ikizamini cya Leta
21/07/2021 - 14:54
Menya byinshi ku kigo ISANGE ONE STOP CENTER gifasha abahohotewe
19/07/2021 - 20:52
Impano idasanzwe: Ku myaka icyenda gusa, amaze gutsindira imidari 9 ya Zahabu muri Karate
19/07/2021 - 20:26
Bige kucyibazo cy’abarimu bigisha badahemberwa kuri diplome z’uburezi bafite. kd harimo abatarize uburezi bahembwerwa university levels.
bazagaragaze neza ukuntu ushaka kuzamurwa azakora ikizamini kd hari ubwo hashira nkimyaka ibiri akarere ntaposte runaka kasohoye!
icyo nasaba cyo kwigaho buri munyarwanda amaze kumenya agaciro k’ imisoro naho imaze kugeza igihugu cyacu muri rusange ariko icyo mbona imisoro ku nzu ibabwamo n’ abanyirayo ntikodeshwa ntanikindi kintu kizana inyungu nk’ ubucuruzi n’ ibindi bikorerwamo kuki iyo nzu itanga umusoro njye ndumva bitari ngombwa ko utangwa muzabirebane ubushishozi murakoze inama nziza.
muraho banyakubahwa muteraniye mumwiherero inyigishomuzahabwazizagire akamara murwamyaruswa muzambwirirenyakubahwakonacicyishije amashurikandinyishakakwiga murakoze imana ibahe umugishacyane Good lcuk