Ibitekerezo ( 8 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

#EdtechMonday: Twifatanye n’impunzi mu Ikoranabuhanga mu Burezi/MAHAMA CAMP
17/06/2025 - 08:12
Ishusho rusange y’ Uburezi mu Rwanda
16/06/2025 - 11:45
President Kagame Receives Letters of Credence from 11 New Envoys
22/05/2025 - 14:55Iziheruka

#EdtechMonday: Twifatanye n’impunzi mu Ikoranabuhanga mu Burezi/MAHAMA CAMP
17/06/2025 - 08:12
Ishusho rusange y’ Uburezi mu Rwanda
16/06/2025 - 11:45
#UBYUMVA UTE: Uburenganzira bw’ Umwarimu ku Mushahara We
10/06/2025 - 13:40
Rwanda Beyond The Headlines, with Central Bank Governor on Development of Financial Sector
8/06/2025 - 08:24
Carcarbaba yadabagije abanyarwanda bifuza imodoka zikomeye kandi zujuje ubuziranenge
6/06/2025 - 09:40
First Lady Jeannette Kagame: "Investing in women entrepreneurs is the right decision for Rwanda"
30/05/2025 - 12:47
Mozambican troops trained by the Rwanda Defence Force in an advanced infantry course
28/05/2025 - 14:56
#EdTechMondays #YoungAfricaWorks: Guteza imbere amasomero yo mu buryo bw’ikoranabuhanga
27/05/2025 - 09:47
muraho banyakubahwa muteraniye mumwiherero inyigishomuzahabwazizagire akamara murwamyaruswa muzambwirirenyakubahwakonacicyishije amashurikandinyishakakwiga murakoze imana ibahe umugishacyane Good lcuk
1) Turasabako abayobozi bigihugu bari mu mwiherero ko badushakira igisubizo ku kibazo cya KVCS iyi company yishyuza parking ikomeje kubangamira abafite ibinyabiziga.
Icyambere ica amendes ba nyiribinyabiziga atari justified kandi umuntu akabura urwego rumurenganura igihe yarenganyijwe na KVCS.
2)Icya kabiri nuko KVCS ijya gutegera ababyeyi ku mashuri mu gihe cyo gutwara abana ku mashuri mu gitondo ndetse na saa saba mu gihe cyo kubacyura. Ibi bikaba bigaragara ko nta bumuntu burimo kandi ari ugukenesha imiryango bongera umuzigo ku babyeyi bariha amafaranga yinyongera. Turasaba ko ibi byahagarara.
urugero: Mujye mu rugunga ku ishuri ryababikira hafi ya boutik la gardienne maze mwirebere ibyo KVCS ikorera ababyeyi nkurugero.
Biragaragara ko inzego nyinshi zitinya KVCS kuko umuturage wese ugira icyo abavugaho nta gisubizo abona ahubwo bamusubiza by silence.
Umujyi wa kigali, Mininfra, minadef nabandi bagira icyo bamara nibatabare abaturage.
Murakoze
NDIFUZAKO MWAZATWIGIRA IBIBAZO 3:
– IKIBAZO CY’IBIRIBWA BIHENZE CYANE KU ISOKO
– IKIBAZO CYO GUCA CAGUWA KDI IBIKORERWA MU RWANDA BIKIRI BIKE
– IBIBAZO BITANDUKANYE BIRI MURI KAMINUZA Y’URWANDA. MURAKOZE