Uko intumwa z’u Rwanda zakiriwe i Kampala mu biganiro byo kubyutsa umubano

13/12/2019 - 18:50     

Ibitekerezo ( 5 )

Nivyiza gukemura ibibazo muganira uko bimeze ntaciza nkukwicarana vyose biragenda neza

Bahizi Richard yanditse ku itariki ya: 14-12-2019

Twishimiye intambwe ibihugu byombi birimo gutera kuburyo bwo kugarura umugabo mwiza. Ikibazo ni kimwe. Where are East African member countries? I think it’s just a name. Aho ibihugu bigirana ikibazo ahubwo Hamza Congo na Angola mugukemura ikibazo wakabaye gikemurwa na EAC countries. Kuri njye nta mumaro wa EAC.

Kalisa Afazad yanditse ku itariki ya: 14-12-2019
  Pages:
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.