Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Dore amayeri bakoresha biba amafaranga kuri ‘Mobile Money’ z’abantu
17/07/2021 - 20:47
CP Kabera araburira abasaba impushya bashaka kurenga ku mabwiriza
17/07/2021 - 11:13
Kigali: Reba uko umunsi ubanziriza Guma mu Rugo wari umeze (Video)
17/07/2021 - 10:44
Gupima COVID-19 bigiye gukorerwa mu tugari
16/07/2021 - 16:28
Reba inyubako nshya ya Ambasade ya Qatar mu Rwanda (Video)
16/07/2021 - 16:05
Uko twahindura Uburezi umwuga ukunzwe kurushaho
14/07/2021 - 09:26
Bari mu maboko ya RIB bakekwaho kwiba ibikoresho biguze hafi Miliyoni 20 Frw
14/07/2021 - 08:10
Minisitiri Biruta na Rosemary Mbabazi baganirije Diaspora y’Urubyiruko Nyarwanda
14/07/2021 - 08:01
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.