Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Bakurikiranyweho icyaha cya ruswa mu gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga
4/11/2021 - 12:39
Bafatanywe ibiro 45 by’amahembe y’inzovu byinjiye mu buryo bwa magendu
29/10/2021 - 16:12
Muri 2024 u Rwanda ruzaba rukora inkingo za Covid-19 n’iza Malaria
27/10/2021 - 22:13
Uko Cedric Gisimba yahisemo ubuzima bw’ubugeni akabihuza no kubitoza abakiri bato
27/10/2021 - 22:06
Urunigi: Umuvugo wa Hon. Bamporiki ku isabukuru ya 25 ya Unity Club Intwararumuri
19/10/2021 - 23:55
Dr Bizimana yagaragaje uruhare rwa Unity Club mu bumwe bw’Abanyarwanda
19/10/2021 - 23:46
Rusesabagina yahishuye uko bashinze MRCD na FLN
19/10/2021 - 23:31
Umva ibyo Dr. Pierre Damien Habumuremyi yumviye muri gereza
17/10/2021 - 20:22
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.