Ibitekerezo ( 19 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Nyabugogo: Ikibazo cy’imyuzure ituruka muri Mpazi kigiye kuba amateka
2/10/2020 - 09:20
Leta nitemerera urubyiruko kuboneza urubyaro yitegure kurera abana ruzabyara- Abasesenguzi
30/09/2020 - 13:57
U Rwanda rwanze kuba cya kirahure cyuzura amazi akameneka, ubu twese tugikwirwamo - Perezida Kagame
30/09/2020 - 13:30
Ganira na Producer Element w’imyaka 20 wazanye impinduka muri muzika nyarwanda
27/09/2020 - 22:56
Benshi biruhukije ubwo ingendo rusange mu gihugu hose zafungurwaga
27/09/2020 - 22:07
Rayon Sports ifite ideni rya miliyoni Rwf800, kuri konti hari Rwf200,000 gusa
23/09/2020 - 13:13
Siporo rusange ya mbere yabaye hubahirizwa amabwiriza yo kwirinda Covid-19
20/09/2020 - 15:22
Ubu mu Rwanda umugore ashobora gutwitira mugenzi we
19/09/2020 - 18:32
kuri njye sinumva ko dukwiye gukondana igikorwa n’abagitegura nta mwana uvuka ngo yuzure ingobyi. twaba tubaye nka bamwe bapinga sinema nyarwanda ngo ni amakinamico. byose ni ugutegur, naho uvuga ngo bavuge mu ndimi bumva icyo cyo nticyakoroha kuko biragoye kubona ingongo mu rulimi nziko n’iyo bavuga mu kinyarwanda twaseba kurushaho.mwijyendera kuri kariya kabazo kavutse icyatumye amahanga abimenya ni aabanyamakuru, kuko nzi ko bo bataduseka .utemeranya nanjy ambaze.
ariko se mana nk’uyu mukobwa ubize ibyuya akananirwa kuvuga muri public azirirwa ajya mu marushanwa ku rwego rw’igihugu?!!!ahaaaa ndabona bitoroshye.Nge mbona ubutaha bajya babanza kubategura mbere.bakabajonjora bakazana muri competition abo babona nibura bagerageza.
hari abandi bana bakiri bato bari gukura bazabidufashamo.