Ubuhamya bwa musaza wa Scolastique wiyahuye ku igorofa ryo kwa Makuza

10/09/2019 - 20:24     

Ibitekerezo ( 2 )

ahanini ntago twashingira kubyo abantu bavuga kuko muri twese ntanumwe uzi impamvu yabiteye bamwe bati numugabo, ariko icyo aricyocyose ntacyatuma ufata umwanzuro wo kwiyahura kuko nanyuma yibiba byabaye byose ubuzima bwakomeza kandi ukabaho neza no kurusha mbere kubwange rero numva igitekerezo yagize cyo kujya kwiyahura ntagiha agaciro nagato rwose, ndetse nabandi bumva kariwo muti wikibazo baribeshya kuko uba ugiweho nurubanza utakwikuraho

mutoni yanditse ku itariki ya: 17-09-2019

Rest in what? Hhhhhhh! Ariko mirasetsa pe! Ku muntu wiyahuye kweri? Kuba yari afite ibibazo ndabyumva pe, ariko kwiyahura ni bibaya sana kuko icyo Satani yari yaramugambiriyeho kera kose mu mibabaro ye yarakibonye. Ubwo rero ahaha!!! Imana niyo mucamanza utabera, gusa kwiyambura ubuzima ni icyaha.

Dass yanditse ku itariki ya: 15-09-2019
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.