Rwamagana yahize utundi turere mu kwesa Imihigo y’umwaka wa 2016/2017

6/10/2017 - 23:34     

Ibitekerezo ( 5 )

Nibyiza cyane kuba twabaye abambere

Aisha Rehema yanditse ku itariki ya: 7-10-2017

TUBABAJWE CYANE NO KUBONA RUHANGO YACU IZA KU MWANYA WA 28/30.

ABABISHINZWE BAKURIKIRANE IMPAMVU IBITERA. ABAYOBOZI BATUZUZA INSHINGANO ZABO NKUKO BIKWIYE KO BASEZEREWE UBU BYABA BIPFIRA HE?

DORE KO BIVUGWA KO NIRYO SEZERA RYABA RITARAKOZWE MU MUCYO HAGASEZERA NABO TWABONAGA BUZUZA INSHINGANO ZABO KUBATURAGE.

ABABISHINZWE BAREBERE AHO BIPFIRA ARIKO TUTAZASUBIRA KURI URIYA MWANYA RWOSE URAGAYITSE.

GUSA NDASHIMIRA NYAKUBAHWA PRESIDENT WA REPUBULIKA UDAHWEMA GUHWITURA ABAYOBOZI GUKORERA ABATURAGE IBITEZA IMBERE IMIBEREHO YABO.

alias yanditse ku itariki ya: 7-10-2017
  Pages:
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.