Urukiko rwatesheje agaciro inzitizi ku buzima bwa Rusesabagina zari zagaragajwe n’abamwunganira, ruvuga ko umukiriya wabo ashobora kujya kwivuza nubwo yaba afunzwe.

Iki cyemezo cy’urukiko ntabwo cyashimishije Rusesabagina, akaba we ubwe yahise ajuririra mu rukiko rwisumbuye.

Video: Richard Kwizera

Rusesabagina muri gereza: Urukiko rwategetse ko afungwa iminsi 30 y’agateganyo

18/09/2020 - 11:58     

Ibitekerezo ( 1 )

Murebe ukuntu n’abarimu bo mu mashuri y’igenga bafashwa kwirwanaho no kwivana mu ngaruka za covid 19 zabatsikamiye.byaba byiza mubikozeho ikiganiro kihariye mugatumira uharariye secteur privee n’abashinzwe uburezi mu gihugu.ese minisiteri y’uburezi yo yabateganyirije iki muri iyi covid19?murakoze

hakizimana vincent de paul yanditse ku itariki ya: 30-09-2020
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.