Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Dutemberane na Minisitiri w’Intebe mu Mujyi wa Huye
22/09/2025 - 18:27
Minisitiri w’Intebe yaganiriye n’abaturage bo mu Karere ka Nyaruguru bakora mu bihinzi bw’icyayi
22/09/2025 - 17:27
Imbamutima z’Abanyarwanda bareba Shampiyona y’Isi y’Amagare ya 2025
22/09/2025 - 20:46Iziheruka

Abategura Miss Rwanda barahakana ruswa ivugwamo
24/02/2022 - 20:56
Uburwayi bwo mu mutwe ntawe butafata, nta mpamvu y’akato
21/02/2022 - 12:52
Ubutwari 2022: Nubwo twatakaje ingingo, icyo twaharaniye twakigezeho
11/02/2022 - 16:21
Perezida Kagame na Madame bunamiye Intwari z’u Rwanda
2/02/2022 - 12:02
Umunyarwandakazi yadutembereje Roma na Vatican mu Butaliyani
1/02/2022 - 21:50
Ari mu ba mbere bambutse nyuma y’uko umupaka wa Gatuna ufunguwe
31/01/2022 - 18:43
Uko Mihigo François Chouchou na bagenzi be bavuye muri Nyampinga igasenyuka
31/01/2022 - 18:28
Indabo z’u Rwanda zizwi nka Bella Flowers ni imari ishyushye i Burayi
31/01/2022 - 18:21
Ariko rero uku ni ugupfobya ikipe ya Espoir ku bafana nkatwe kandi tuyikunda. Kuki muvuga ngo Rayons sport yananiwe kwikura imbere ya Espoir? Kuki se ahubwo atari Espoir yananiwe kwikura imbere ya Rayon Sport?
Amakipe yose ni amakipe kandi agira abafana. Ntimugakunde ikipe ngo nimurangiza munabigaragaze nk’abanyamakuru kandi mwagakwiye kuba neutre mutagaragaje kubogama kabona nubwo mwaba muyifana. Ngo rayon yananiwe kwikura imbere ya Espoir. Ahubwo Espoir yananiwe kwikura imbere ya Rayon Sport.
Rayon sport ni iyacu aha ndavuga abakunzi bayo ku nganya byo ntaribi turacyayiri inyuma