Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21
Iyumvire icyo Knowless avuga ku kuba yaragabiwe na Perezida Kagame
24/12/2025 - 07:22
Ndabashimira kuba mwarahisemo neza - Minisitiri Biruta ku bapolisi basoje amahugurwa
23/12/2025 - 06:46
Polisi y’u Rwanda yerekanye imyitozo idasanzwe yo guhosha imyigaragambyo
23/12/2025 - 06:36
Irebere uko Umujyi wa Kigali warimbishijwe hitegurwa iminsi mikuru ya Noheli n’Ubunani
20/12/2025 - 22:18
Ariko rero uku ni ugupfobya ikipe ya Espoir ku bafana nkatwe kandi tuyikunda. Kuki muvuga ngo Rayons sport yananiwe kwikura imbere ya Espoir? Kuki se ahubwo atari Espoir yananiwe kwikura imbere ya Rayon Sport?
Amakipe yose ni amakipe kandi agira abafana. Ntimugakunde ikipe ngo nimurangiza munabigaragaze nk’abanyamakuru kandi mwagakwiye kuba neutre mutagaragaje kubogama kabona nubwo mwaba muyifana. Ngo rayon yananiwe kwikura imbere ya Espoir. Ahubwo Espoir yananiwe kwikura imbere ya Rayon Sport.
Rayon sport ni iyacu aha ndavuga abakunzi bayo ku nganya byo ntaribi turacyayiri inyuma