Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Urban Boys mu gitaramo cyo kumurika album yabo bise "Kelele"
17/12/2013 - 11:40
Ubukwe bw’umuhanzi Tom Close na Tricia
5/12/2013 - 09:19
Abafite ubumuga berekanye ubuhanga mu kumurika imideri!
3/12/2013 - 10:42
Abasore babiri b’impanga bakoze ubukwe n’abandi bakobwa b’impanga!
26/11/2013 - 12:20
Umunyabugeni Epa Binamungu yamuritse ibihangano byihariye!
22/11/2013 - 10:49
GISENYI: Abafite ubumuga bihangiye umurimo wo kwambutsa ibicuruzwa ku mupaka
15/11/2013 - 17:17
Uruganda rwa Bralirwa rwamuritse ibigega bishya bibika ibinyobwa
13/11/2013 - 09:14
U Rwanda rwamuritse ubukerarugendo bw’inzoka n’ibindi bikururanda!
5/11/2013 - 08:55
Ariko rero uku ni ugupfobya ikipe ya Espoir ku bafana nkatwe kandi tuyikunda. Kuki muvuga ngo Rayons sport yananiwe kwikura imbere ya Espoir? Kuki se ahubwo atari Espoir yananiwe kwikura imbere ya Rayon Sport?
Amakipe yose ni amakipe kandi agira abafana. Ntimugakunde ikipe ngo nimurangiza munabigaragaze nk’abanyamakuru kandi mwagakwiye kuba neutre mutagaragaje kubogama kabona nubwo mwaba muyifana. Ngo rayon yananiwe kwikura imbere ya Espoir. Ahubwo Espoir yananiwe kwikura imbere ya Rayon Sport.
Rayon sport ni iyacu aha ndavuga abakunzi bayo ku nganya byo ntaribi turacyayiri inyuma