Prof Shyaka: Abanyamakuru birinde kwishyira hejuru y’itegeko

26/03/2020 - 19:32     

Ibitekerezo ( 4 )

tugumba gukaraba intoki na mazi meza nisabune twirinda gukorana mubiganza

phiona yanditse ku itariki ya: 27-03-2020

Iyi si yacu igeze mubihe bikomeye acyatuma amahoro aboneka nuko inzego zose twamenyako Imana yo mw’ Ijuru ariyo dukwiriye kwizera ikatwereka icyo dukwiriye gukora. Tukanumvira amategeko yayo kugirango tubone amahoro. Kandi tumenyeko YESU agiye kugaruka vuba kuko niyi CORONA virusi nayo iri mubyerekanako iyi si igeze kw’ iherezo. Mwebwe murabibona gute??

Hesron yanditse ku itariki ya: 27-03-2020

ARIKO KO UYU MUPROFESERI AVUGA CYANE AMAGAMBO AMAZE IKI?
NIBAGABURIRE ABANYARWANDA KUBUKUNGU BW IGIHUGU BAREKE AMAGAMBO

ESE IBYO BIFARANGA BABITSE BAZABIJYANA IKUZIMU?

habimana yanditse ku itariki ya: 27-03-2020
  Pages:
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.