Prof Shyaka: Abanyamakuru birinde kwishyira hejuru y’itegeko

26/03/2020 - 19:32     

Ibitekerezo ( 4 )

Bayobozi namwe Banyarwanda mwese, rwose twemera akazi k,itangazamakuru; ariko abakora uwo mwuga mu RWANDA,sinzi ko batekereza kungaruka yo gusatira cyane umuntu bariho babaza.
Ushobora kwibaza niba bo bafite ubudahangarwa, cyangwa ko na za Microphones zabo ziba zitariho bacteria. Kuki batitwaza Microphones 2 byibura, na Hydroalcohol/or surgical spirit.
Byaba byiza bakanguriwe kugira isuku mukazi kabo.

Murakoze

RUKIZANGABO Enocky yanditse ku itariki ya: 26-03-2020
  Pages:
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.