Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

IAS 2025 Delegates Enjoy Kigali Car-Free Roads
13/07/2025 - 14:40
Karate: Umuyapani w’imyaka 81 na Dane 9 arimo gutoza Abanyarwanda
12/07/2025 - 10:53
Tujyane ku Mulindi w’Intwari aho amakipe ya APR yavukiye, ikiganiro kuri APR Basketball
10/07/2025 - 09:12Iziheruka

Rwanda to Host First- Ever Africa Coffee and Tea Expo 2025
29/03/2025 - 08:44
"Not Up to the UK to tell us what to do" in DRC - Rwanda FM Olivier Nduhungirehe at UNSC
27/03/2025 - 23:13
MC Brian: Asengerwa n’umugore we mbere yo kujya ku kazi (Part 2)
25/03/2025 - 10:52
Rwanda Beyond The Headlines: Rwanda Foreign Minister on Belgium’s Anti Rwanda Campaign
20/03/2025 - 13:05
Babaye Intwari: Uko abanyeshuri b’i Nyange banze kwitandukanya imbere y’abacengezi
18/03/2025 - 22:06
Perezida Kagame yihanangirije u Bubiligi kubera uko bwitwara mu ntambara ya Congo
16/03/2025 - 16:36
Igitaramo cy’Inka: Itorero Inyamibwa mu mbyino gakondo zinogeye amaso
16/03/2025 - 11:03
Tujyane ku ishuri rya Muzika ry’u Rwanda aharemerwa ibirangirire
14/03/2025 - 09:10