Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Uwahoze muri Crap ya FDLR avuze ubuzima bwose bwayo n’ukuri ku rupfu rwa Col. Ruhinda
15/11/2025 - 23:10
Polisi y’u Rwanda yafunguye ikigo gisuzuma ubuziranenge bw’ibinyabiziga i Ndera
15/11/2025 - 23:15
Ibiro bivuza ubuhuha: Ibyaranze umukino APR VC yatsinzemo Gisagara VC amasti 3-0
15/11/2025 - 09:10Iziheruka
Imyitozo y’imbyino yatumye benshi bagira amatsiko!
11/07/2015 - 19:03
Iserukiramuco "Ubumuntu Arts Festival" ryatangiye
11/07/2015 - 18:31
Uko igitaramo "Kwibohora Concert" cyagenze
10/07/2015 - 15:06
Ubumuntu Festival - "ndiho kuko uriho, uriho kuko ndiho"
9/07/2015 - 09:10
Imyaka 10 irashize Imbuto Foundation ishyigikira uburezi bw’umukobwa
8/07/2015 - 09:09
Madame Jeannette Kagame yashyikirije amazu incike za Jenoside
4/07/2015 - 09:38
Urugendo rw’Intare kuva muri Afurika y’epfo, kugera muri Parike y’Akagera
3/07/2015 - 07:55
Tutsi Genocide Survivors submitted an open letter,at UK High Commission in Kigali
26/06/2015 - 16:39