Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uburyo inyubako ya KCC yongereye ubwiza bwa Kigali
9/07/2016 - 13:03
Rayon Sports yatwaye igikombe cy’amahoro nyuma y’imyaka 10
7/07/2016 - 16:47
IWAWA: Urubyiruko ruriyo ruranyomoza abahafata nko mu gihome
30/06/2016 - 07:43
Perezida Kagame yatanze igisobanuro cyo kwitwa "urubyiruko"
28/06/2016 - 08:30
Ubumuntu Arts Festival yongeye yagarutse
22/06/2016 - 17:26
Perezida wa Chad yasuye u Rwanda
22/06/2016 - 17:23
Mu mpano nyinshi Gashora Girls Academy bifitemo harimo n’iyo kubyina
22/06/2016 - 09:00
Miss Mutesi Jolly yasuye urubyiruko rw’Iwawa
20/06/2016 - 17:02