Ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bufatanyije n’izindi nzego, bwatangije umushinga wo kwagura no kubaka neza ruhurura ya Mpazi mu gice cy’ubucuruzi cya Nyabugogo. Muri uyu mushinga wo kwagura ruhurura ya Mpazi, hazubakwa ibiraro binini bibiri, kimwe haruguru ku Mashyirahamwe, ikindi ku muhanda wa Poids Lourd.
Ibi biraro byombi ngo bizaba bifite ubushobozi bwo guhitisha amazi angana na m3 110 ku isegonda.
Video: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Peak into Zaria Court Kigali-Rwanda
26/07/2025 - 11:52
U Rwanda imbere ibindi inyuma: Intego Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yinjiranye mu kazi
25/07/2025 - 22:01
Perezida Kagame yakiriye Indahiro y’abagize Guverinoma Nshya ashima Dr Ngirente
25/07/2025 - 21:54Iziheruka

VIDEO: No muri Afurika hava uburezi bufite ireme mpuzamahanga - Paul Kagame
10/07/2018 - 09:57
VIDEO: Umusanzu wa WDA na UFACO & VLISCO Ltd mu guteza imbere Made in Rwanda
10/07/2018 - 09:21
’Ntabwo nkeneye porotokore’: Perezida Kagame
10/07/2018 - 09:11
Impanuro za Perezida Kagame kuri 70 bazahagararira FPR mu matora y’abadepite
9/07/2018 - 08:49
Perezida Kagame yafunguye igice cyahariwe ubucuruzi mpuzamahanga muri Djibouti
6/07/2018 - 08:48
Perezida Kagame na Madamu batashye umudugudu wa Horezo
5/07/2018 - 08:46
Perezida Kagame yifatanije n’abaturage bo mu Karere ka Muhanga mu kwizihiza umunsi wo kwibohora
5/07/2018 - 08:37
Imfura za Rwanda Polytechnic zahawe impamyabushobozi
29/06/2018 - 08:41