Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Irebere uko abahuriye kuri Convention baryohewe no gutangira umwaka
1/01/2025 - 10:25
Rebero: Byari bishyushye bishimira kwinjira mu mwaka mushya 2025
1/01/2025 - 10:00
Irebere Imyiyereko ya Karate y’abatojwe na Sensei Christophe Pinna
24/12/2024 - 16:38
Abana ba Chorale de Kigali banyuze abitabiriye Christmas Carols Concert
24/12/2024 - 03:30
L’ancien Président du Burundi Ntibantunganya: Il a fait deux heures de vol entre Bujumbura et Kigali
24/12/2024 - 03:21
Rwanda hands over leadership of Eastern Africa Standby Force to Somalia
24/12/2024 - 03:15
Chiefs of Defence of EASF member states meet in Kigali to discuss security in Eastern Africa
24/12/2024 - 03:05
Irebere uburyo Umujyi wa Kigali watatswe mu kwitegura Noheli n’Ubunani
23/12/2024 - 13:10