Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Riderman wegukanye irushanwa rya Guma Guma III, ni muntu ki?
12/08/2013 - 10:37
Amagambo akarishye kuri bamwe mu bahanzi basezerewe muri Guma Guma!
30/07/2013 - 10:23
Riderman yatumye abashinzwe gutanga amanota bava mu byicaro byabo!
24/07/2013 - 12:22
Igitaramo cya Guma Guma i Musanze nacyo cyagaragayemo udushya!
18/07/2013 - 14:46
Abanyarwenya Kings of Comedy bongeye gushimisha abanyarwanda
15/07/2013 - 10:51
Uburyo abahanzi bahatanira Guma Guma bitwaye i Muhanga
9/07/2013 - 10:32
Abahanzi bahatanira Guma Guma bagaragaje udushya mu gitaramo cy’i Kigali
2/07/2013 - 10:58
Umuhango wo Kwita Izina ku nshuro ya cyenda
29/06/2013 - 13:19