Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
SAUTI SOL ROCKS KIGALI
30/07/2015 - 10:19
Eddy Kenzo salutes President Kagame
30/07/2015 - 10:00
Eddy Kenzo yashyuhije Kigali
28/07/2015 - 14:00
Uburyo bifuza ko ingingo ya 101 yakwandikwa nyuma yo kuvugururwa
23/07/2015 - 20:07
Umuturage yaje yiteguye gutora, ariko nyuma asanga ari ibiganiro ku itegeko nshinga
22/07/2015 - 18:29
Bamwe mu bakobwa bagaragaje imyambarire idasanzwe muri Kigali Fashion Week!
22/07/2015 - 09:28
Abakristo bahinduye idini ku munsi wa Eid IL Fitr, baba Abayisilamu
21/07/2015 - 10:38
Hitabajwe kizimyamwoto enye kugirango bazimye Hotel Phionah
20/07/2015 - 17:52