Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ubuhinzi ntibugishingiye ku isuka gusa, hajemo n’ikoranabuhanga
19/11/2015 - 16:52
Stage 1: Tour du Rwanda 2015
17/11/2015 - 13:41
Udushya n’udukoryo byaranze tombola ya CHAN 2016
16/11/2015 - 23:06
Prologue: Tour du Rwanda 2015
16/11/2015 - 12:34
Muyebe Green Village, urugero rwiza rwo gutura mu midugudu
13/11/2015 - 12:24
Uburyo Ferwacy yakemuye ikibazo cy’abakinnyi bari bigumuye
13/11/2015 - 12:23
Ikibazo cyo gutinda gutangaza amanota y’ibizamini bya leta cyabaye amateka
12/11/2015 - 09:27
Indimi z’amahanga zagoye abakobwa bahataniraga Rwanda Super Model
11/11/2015 - 11:32