Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Reba uko abakobwa b’ikimero basusurukije BK All Star Game
2/11/2019 - 19:57
KNC ati "Mwitege Derby ya Gasogi na Rayon Sports"
31/10/2019 - 11:39
Iminsi 30 y’igifungo ku bakekwaho gukorana na RNC ya Kayumba Nyamwasa
29/10/2019 - 11:23
RDF yerekanye ubumuntu n’ubunyamwuga mu kazi kayo
29/10/2019 - 10:54
Maj (Rtd) Mudathiru: Ntabwo dutotezwa, dufashwe neza
29/10/2019 - 10:48
Unity Award 2019: Ibigwi bya Mukarutamu Daphrose wahawe Ishimwe ry’Ubumwe
29/10/2019 - 10:38
Evode wo muri BBC n’uwo muri MINIJUST bapfana iki?
27/10/2019 - 17:07
Ubuhamya bwa Dr. Utumatwishima mu rugendo rwa Ndi Umunyarwanda
27/10/2019 - 16:55