Babanje gupimwa COVID-19 mu rwego rwo kureba ko ari bazima hanyuma bashyirwa mu ishuri riri hanze y’inkambi ari ho imodoka zabakuye. Izi mpunzi z’Abarundi zasubiye iwabo ku bushake zinyuze ku mupaka wa Nemba uhuza u Rwanda n’u Burundi.
Abiyandikishije bashaka gutaha baragera ku 1800, ariko u Burundi bwo bwatangaje ko bwiteguye kwakira icyiciro cya mbere kigizwe n’abantu bagera kuri 500. Igikorwa cyo gucyura izi mpunzi cyateguwe na Leta y’u Rwanda ku bufatanye n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku mpunzi (UNHCR). Ni nyuma y’aho bamwe muri izi mpunzi banditse basaba gufashwa gutaha.
Reba uko iki gikorwa cyagenze muri iyi Video:
Camera: Roger Rutindukanamurego
Script/Narration & Editing: Richard Kwizera
Ibitekerezo ( )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Perezida Kagame yatashye One & Only Gorilla’s Nest iri mu Kinigi
28/02/2020 - 23:03
Umwe yarashwe arapfa, undi atabwa muri yombi
28/02/2020 - 19:34
Shaddy Boo yemeje abitabiriye Isozwa rya Miss Rwanda 2020
27/02/2020 - 23:07
Irebere uko abasore banyonga igare kuva i Kigali kugera i Huye
27/02/2020 - 22:58
Ari Rayon Sports n’amagare ni iki gikunzwe kurusha ikindi? Murenzi Abdallah aratanga igisubizo
27/02/2020 - 22:51
Niyo Bosco, Urugero rwiza rw’uko icyo uzaba ntaho kijya, byinshi utamenye ku mateka ye
23/02/2020 - 12:43
Tour du Rwanda izatwara umugabo isibe undi - FERWACY
22/02/2020 - 00:48
Perezida Kagame na Masai Ujiri batangije iserukiramuco rya Giants of Africa muri Basketball
20/02/2020 - 19:05