Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Imanza ibihumbi 20 zakemutse binyuze mu buhuza mu myaka itatu ishize
10/12/2025 - 11:05Iziheruka
Ibyo kwitondera muri iyi minsi mikuru
24/12/2022 - 16:41
Impunzi z’Abarundi ziri mu Rwanda zakanguriwe gutaha
21/12/2022 - 17:52
Mukomeze ibyagezweho muhanga udushya - Bazivamo abwira urubyiruko rwa RPF Inkotanyi
19/12/2022 - 21:56
Police Month: Ibikorwa byakozwe byatwaye asaga Miliyari ebyiri
19/12/2022 - 12:29
Bibutse ababo bishwe mu bitero bya MRCD-FLN ya Rusesabagina
19/12/2022 - 12:13
UK envoy to Rwanda speaks out on ethnic killings in DRC
14/12/2022 - 18:18
Abakoresha mudasobwa batabona babigenza bate?
11/12/2022 - 20:38
Dutemberane muri GS Kagugu, kimwe mu bigo byigamo abanyeshuri benshi
11/12/2022 - 20:26
Kwica umuntu,ni nko kwica Imana ubwayo,kubera ko twaremwe mu ishusho y’Imana.Abantu twese (waba umuzungu,umushinwa,umwirabura,umuhutu,umututsi),duturuka ku Muntu umwe,ADAMU.Tuli ibiremwa by’imana idusaba gukundana,aho kwicana.Mu isi haba ubugome bukabije.Abantu baricana,bararwana mu ntambara,barasambana babyita ngo barakundana,kandi imana yaturemye ibitubuza byose.Ndifuriza aba bana b’i Nyange kuzazuka ku munsi w’imperuka,ubwo abirinda gukora ibyo imana itubuza bose bazazuka,bakazahembwa kubaho iteka muli paradizo.