Ibitekerezo ( 12 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe ageza ku Nteko Ishinga Amategeko, Gahunda ya Guverinoma (2024-2029)
12/08/2025 - 18:10
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03Iziheruka

Umunota umwe wo kwiyamamaza k’umukandinda wa FPR-Inkotanyi Kicukiro
21/07/2017 - 18:18
Mu majyaruguru, Rulindo ni yo yabimburiye utundi turere kwakira umukandida Paul Kagame
21/07/2017 - 13:07
Uko byari byifashe umukandida Paul Kagame yiyamamariza Kicukiro
20/07/2017 - 18:57
Umukandida wa FPR-Inkotanyi yakiranywe ibyishimo bidasanzwe mu Bugesera
20/07/2017 - 18:10
Umukandida wa FPR mu gikorwa cyo kwiyamamaza mu Karere ka Muhanga
20/07/2017 - 16:18
Nyabugogo yakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamariza umwanya wa Perezida
19/07/2017 - 20:39
Ngororero yakiriye umukandida wa FPR-Inkotanyi wiyamamariza umwanya wa Perezida
19/07/2017 - 09:12
Uko byari byifashe Paul Kagame wa FPR yiyamamariza mu Karere ka Kamonyi
17/07/2017 - 14:49
Nshimiye cyane Sr Immaculee kumpanuro atanze Imana umuhe umugisha.
Uyu mugiramana Makurata ibyo uvuga ni ukuri areko nareke n’amaranga mutima. Umuhanuzi ntawe avuga nkariho n’akazaza aba yakuye mu agakeregeshwa k’inyuramutima mu bushishozi bw’ubuhanga n’ukwicisha bugufi maze Uwiteka akagutuma kwigisha ibyo umwuka ukurimo utanga. Gukeza abami turabimenyereye nyamara ubutumwa nyabwo tubuhabwa n’Umwami w’abami. Ntacyo twatanze ngo dukunde turame abataragize ayo mahirwe barayambuwe ariko sinibwira ko abayabambuye aribo bamerewe neza kurusha aho babashyize Imana Niyo nkuru. Umuhozi ni utanga ubuzima naho umwicanyi n’ubitekereza bazahora bahekenya amenyo. Ma petite soeur je te recommande ouvre tes yeux,tu n’es pas trop loin du visage du Christ à qui tu as voulu ressembler. Que Dieu te bénisse et te protège. Ton grand frère dans le Christ ressuscité.
Merci sr Immacuée,
Kristu ubereye ijwi akomeze ukwemera kwawe no kuba umuhamya.