Ikigo cya WDA mu gushakira umuti ikibazo cya service zitanoze mu ma Hotel

4/06/2014 - 13:19     

Ibitekerezo ( 5 )

Nibyiza ko muhugura abakozi ariko ba nyiri mahoterinabo bakeneye izo training kuko usanga aribo banyirabayazana batuma services zigenda nabi bigaturuka ahanini mugufata nabi abakozi,ba owners nabo bajye bamenya ko abakozi bakoresha ari nk’abandi bakozi basanzwe!Nabonye iyi hoteli ari Moriah Hill Resort,mwagerageje mukarenganura abakozi bo kuri Golf Eden Rock Ya MUGAMBIRA Aphrodis birukanwa buri munsi abayobozi bashinzwe umurimo mu karere ka Karongi nabo ko batereye agati muryinyo bigatuma service yaho ihora ari mbi.Mbasabye guhitisha iki gitekerezo cyanjye!

alias yanditse ku itariki ya: 21-06-2014

Nibyiza ko banyirama Hotel bamenya gutanga service zinoze bakira ababagana.

Adrien Niyigaba yanditse ku itariki ya: 5-06-2014
  Pages:
  • 1
  • 2

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.