Ibyo umunyeshuri wifuza guhinduza ikigo yoherejwemo na Leta akwiye kumenya

13/09/2023 - 19:13     

Ibitekerezo ( 27 )

Ndasaba guhindurirwa ikigo na combination kuko mwampaye day school ngonigemo building construction ariko ndasaba komwampindurira mukampa boarding nkiga combination ya HGR murakoze cyane.

Alias yanditse ku itariki ya: 10-09-2024

Bampaye building construction kandi ntayishoboye nshaka kwiga food beverage operation

Keza sandrine yanditse ku itariki ya: 4-09-2024

Ndashakako mupfasha guhindurira umwana wanjye ikigo kubera ko yigaga muri pravite afite umutera nkunga none ubu nawe afite .ndagira ngo mube mwamugaha umwanya muri leta kuri EST .Busogo muri Rurindo murakoze

Bunane jean pierre yanditse ku itariki ya: 31-08-2024
  Pages:

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.