Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Irebere amashoti n’amacenga byaranze umukino wahuje RDF na UPDF
16/08/2025 - 17:33
Iyumvire imihigo y’Intore zo mu Itorero Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:57
Umva impanuro Minisitiri Bizimana yahaye Indangamirwa icyiciro cya 15
14/08/2025 - 16:47Iziheruka

Kwibuka ni inshingano zidafite igihe ntarengwa – Jeannette Kagame ku isabukuru ya AERG na GAERG
7/11/2021 - 13:26
Perezida Kagame yakiriye indahiro z’abayobozi bahawe inshingano nshya
7/11/2021 - 13:18
Sobanukirwa byinshi ku kongerera ubushobozi abarimu mu miyoborere no guhanga udushya
5/11/2021 - 11:02
Bakurikiranyweho icyaha cya ruswa mu gutanga impushya zo gutwara ibinyabiziga
4/11/2021 - 12:39
Bafatanywe ibiro 45 by’amahembe y’inzovu byinjiye mu buryo bwa magendu
29/10/2021 - 16:12
Muri 2024 u Rwanda ruzaba rukora inkingo za Covid-19 n’iza Malaria
27/10/2021 - 22:13
Uko Cedric Gisimba yahisemo ubuzima bw’ubugeni akabihuza no kubitoza abakiri bato
27/10/2021 - 22:06
Urunigi: Umuvugo wa Hon. Bamporiki ku isabukuru ya 25 ya Unity Club Intwararumuri
19/10/2021 - 23:55
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.