Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
President Kagame & King Mohammed VI awarded CAF President’s Outstanding Achievements Award
15/03/2023 - 09:44
Rwanda receives BioNTech first modular vaccine factory
13/03/2023 - 20:55
Bateye ibiti bisaga 3,000 mu kwizihiza umunsi wa Commonwealth
13/03/2023 - 13:00
Inside the launch of the African Forensic Science Academy in Rwanda
9/03/2023 - 21:40
Pastor Antoine Rutayisire: Uko yabaye mwarimu, yasoza Master’s agasubira kwigisha
6/03/2023 - 00:04
Abo GAERG yafashije komora ibikomere bya Jenoside barashima
5/03/2023 - 23:43
#ASFM2023: Inzobere ku bumenyi n’ibimenyetso bya gihanga zigiye guteranira mu Rwanda
5/03/2023 - 23:08
If you don’t want war, you prepare for it – Kagame on deployment of troops along DR Congo border
2/03/2023 - 21:08
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.