Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Abanyeshuri batangiye gusubira ku masomo, imihigo ni yose
5/01/2023 - 20:20
Nyamirambo: Byari ibicika mu birori byo kwinjira muri 2023
1/01/2023 - 12:02
Ihere ijisho ibirori byo kurasa umwaka muri Kigali, banatangira 2023
1/01/2023 - 08:43
Ingendo zijya mu Ntara mu minsi mikuru zongeye kugorana
25/12/2022 - 21:30
Ibyo kwitondera muri iyi minsi mikuru
24/12/2022 - 16:41
Impunzi z’Abarundi ziri mu Rwanda zakanguriwe gutaha
21/12/2022 - 17:52
Mukomeze ibyagezweho muhanga udushya - Bazivamo abwira urubyiruko rwa RPF Inkotanyi
19/12/2022 - 21:56
Police Month: Ibikorwa byakozwe byatwaye asaga Miliyari ebyiri
19/12/2022 - 12:29
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.