Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Watch Bruce Melodie’s performance at ‘Move Afrika’ show featuring Kendrick Lamar
8/12/2023 - 15:41
Kendrick Lamar thrills music fans in Kigali with an epic performance
8/12/2023 - 14:26
What a good way of ending the year! - President Kagame at Move Afrika Concert
8/12/2023 - 14:16
UK Home Secretary: I have been uncomfortable with the tone of criticism directed to Rwanda
8/12/2023 - 13:54
National Talent Day 2023: Abana bahize abandi bijejwe gukurikiranwa
8/12/2023 - 13:40
Min. Biruta yasobanuye impamvu u Rwanda n’u Bwongereza byavuguruye amasezerano ku bimukira
8/12/2023 - 12:42
Twaganiriye n’uwahize abandi mu kizamini cya Leta gisoza ayisumbuye
8/12/2023 - 12:32
A nation of peace makers - Rick Warren and Andy Wood extol Rwanda’s values
8/12/2023 - 12:24
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.