Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Iby’ingenzi byagarutsweho mu kiganiro EdTech cyo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2025
28/10/2025 - 13:33Iziheruka
Ishuri rya Africa Digital Media Academy ryahesheje u Rwanda igihembo
23/05/2013 - 09:08
Abahanzi bari muri Guma Guma mu gitaramo i Nyamagabe(Part I)
21/05/2013 - 08:35
Abahanzi bahatanira Guma Guma mu gitaramo i Rusizi (Part II)
17/05/2013 - 15:41
Udushya:Abafana ba Rayon Sports bishimira igikombe cya Shampiyona!
16/05/2013 - 09:12
Uburyo Abahanzi bahatanira PGGSS III bitwaye mu gitaramo i Rusizi(Part I)
14/05/2013 - 15:27
Miss Rwanda mu gikorwa cyo kwibuka urubyiruko rwazize jenoside
18/04/2013 - 18:36
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.