Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu Karere ka Ngoma
29/04/2016 - 11:54
Miss Rwanda yasangiye amata n’abana biga mu ishuri ry’incuke
27/04/2016 - 12:15
Madame Jeannette Kagame yahumurije abakobwa barokotse Jenoside
26/04/2016 - 12:05
Miss Rwanda yateye inkunga abafasha b’ingabo zamugariye ku rugamba
16/04/2016 - 21:58
Temberana na Miss Rwanda mu bice nyaburanga by’Iburengerazuba
14/04/2016 - 10:15
Perezida Kagame yifatanyije n’urubyiruko muri ’Walk to Remember’
11/04/2016 - 22:31
Icyo kwibuka bisobanuye ku bahanzi Nyarwanda
11/04/2016 - 14:56
Perezida Magufuli yifatanyije n’abanyarwanda mu kwibuka Jenoside
7/04/2016 - 22:06
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.