Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Huye: Uburyo isiganwa ry’amamodoka ryagenze
18/10/2016 - 12:42
Huye bishimiye kubona Moto ziguruka bari bamenyereye muri firime
17/10/2016 - 15:46
Inyubako ya KCC yandikiwemo amateka ku rwego rw’isi!
17/10/2016 - 12:50
Kwinjira mu Rwanda nta Visa, byatumye abafaransa 2 bahambirizwa
17/10/2016 - 12:45
Inganzo Ngari zatumye abanyamahanga bifuza kumenya guhamiriza
14/10/2016 - 14:04
Bruce Melody yemeza ko ayingayinga Riderman muri Hip Hop
13/10/2016 - 16:56
video : Umuhango wo gushyingura Senateri Mucyo
8/10/2016 - 09:47
Ibihe by’ingenzi byaranze Rwanda Day mu Mujyi wa San Francisco
5/10/2016 - 14:49
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.