Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Umunsi wa mbere w’uruzinduko rw’akazi Perezida Kagame yagiriye muri Djibouti
18/04/2017 - 20:26
Minisitiri Mushikiwabo aratanga ishusho y’umubano w’u Rwanda na Djibouti
18/04/2017 - 20:16
Miss Rukaragata yaremeye uwarokotse Jenoside utishoboye
16/04/2017 - 08:52
Mu Rwanda hasojwe icyumweru cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
13/04/2017 - 21:52
Urugendo rwo Kwibuka inzira y’umusaraba abiciwe i Nyanza ya Kicukiro banyuzemo
12/04/2017 - 23:44
Umuryango w’Abibumbye watereranye Abanyarwanda muri Jenocide yakorewe abatutsi
12/04/2017 - 23:35
Bisesero: Uburyo Abatutsi birwanyeho bagahangana n’abicanyi mu gihe cya Jenoside
12/04/2017 - 13:13
Bisesero: Nubwo bapfuye, bapfuye nk’abagabo - Gen. Kabarebe
11/04/2017 - 09:21
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.