Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Icyo ababyeyi ba Charly n’aba Nina bavuga ku rugendo rwabo muri muzika
4/12/2017 - 14:41
Video: Charly na Nina bashyize hanze umuzingo wabo wa mbere - IMBARAGA
4/12/2017 - 12:27
Perezida Kagame na Madame bitabiriye siporo rusange izwi nka Car Free Day
4/12/2017 - 11:50
Imbaraga Concert: Juliana yataramanye n’abafana be i Kigali
4/12/2017 - 11:45
Imbaraga Concert: Big Fizzo mu ijwi ry’umwimerere
4/12/2017 - 11:40
Imbaraga Concert: Reba Charly na Nina baririmba INDORO
4/12/2017 - 11:34
Mu Bubiligi, Abanyafurika bamaganye ubucakara bukorerwa abirabura muri Libiya
4/12/2017 - 11:29
Abagore bo muri FPR Inkotanyi bizihije isabukuru y’imyaka 30
2/12/2017 - 23:20
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.