Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nubwo nsoma akayoga, ndi Umukirisitu wa ADEPR - JAY POLLY
17/01/2019 - 07:04
Ally Sudi agiye gusubiramo indirimbo Derira yamamaye muri Karahanyuze (Video)
15/01/2019 - 11:16
Ni iki kitabura ku ifunguro rya Riderman ?
13/12/2018 - 11:37
Ihere ijisho Umuyapanikazi uririmba Rwanda nziza adategwa
12/12/2018 - 15:11
Mu mwambaro wa gisirikare Perezida Kagame yasoje imyitozo yo kwivuna umwanzi
12/12/2018 - 12:00
Inyamibwa zigaruriye abataramyi mu mukino zise Rwimitana
10/12/2018 - 14:12
Abakeka ko Umuco Nyarwanda wacika basubize amerwe mu isaho
10/12/2018 - 12:37
Udushya tw’ ibihangange muri gakondo mu gitaramo cy’Inyamibwa
10/12/2018 - 10:18
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.