Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Mu Majyepfo baryohewe n’isiganwa ry’imodoka ‘Huye Rally 2019’
30/06/2019 - 12:42
Temberana na Kigali Today mu Nyubako ya Kigali Arena (Video)
28/06/2019 - 12:27
Udushya twaranze urugendo ku magare rugamije kurwanya imirire mibi (Video)
27/06/2019 - 06:26
Ubwambuzi: Icyari inama kuri Convention Centre cyahindutse isoko (Video)
26/06/2019 - 10:39
Volleyball: REG yisubije igikombe cya Memorial Rutsindura (Video)
25/06/2019 - 14:35
Nta muhinzi uzongera kubura inguzanyo, BK yabahaye ’IKOFI’
25/06/2019 - 14:14
Ibihe by’ingenzi byaranze Kigali Peace Marathon (Video)
17/06/2019 - 22:26
Ihere ijisho amashusho yafatiwe mu kirere ya Kigali Peace Marathon
17/06/2019 - 12:59
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.