Ibitekerezo ( 1 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36
NIDA yatangije ibikorwa biganisha ku gutanga Indangamuntu Koranabuhanga
8/08/2025 - 08:55Iziheruka

Asize yujuje Hoteli i Gicumbi : Ubuhamya mu gushyingura Nyirandama Chantal
29/11/2024 - 15:11
Chairman wa RPF-Inkotanyi yihanganishije umuryango wa Nyirandama, mu butumwa bwasomwe na Gasamagera
28/11/2024 - 13:32
Africa has everything to be where we want to be - Kagame addresses #YouthConnektAfrica24
8/11/2024 - 20:47
Ubucuruzi bw’i Kigali mu gicuku
4/11/2024 - 14:23
Umubyeyi umaze imyaka itanu avuza umwana aratabaza
1/11/2024 - 14:16
Umunya-Kenya Karen Patel yakiriye ate kwegukana Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024?
21/10/2024 - 10:34
Ubuhamya bw’Abanyarwandakazi bitabiriye Rwanda Mountain Gorilla Rally 2024
20/10/2024 - 16:19
Minisitiri Bizimana yavuze ububi bwa Padiri Nahimana Thomas n’abo bafatanya gusebya u Rwanda
19/10/2024 - 22:47
Murakoze cyane ko mutumenyesha amakuru,iyi midugudu igenda yubakwa hose muri buri Karere biragaragarako Leta yahinduye ubuzima bw’abanyarwanda muburyo bushimishije,twe tuba mu mahanga tureba ibikorwa n’iterambere uko ryihuta nukuntu u Rwanda hose baba baruvuga neza tukishima,iyo tugenda hose tuba twumva dufite ishema kuko barwita ngo ni Singapore ya Africa kubera iterambere no kuzamura ubukungu muburyo budasanzwe kuko mucyegeranyo giheruka byagaragaye ko ubukungu bw’u Rwanda bwiyongera hejuru ya 8% buri mwaka bitoroshye ku igihugu cyivuye muri Genocide ,ikindi ni ukuntu President w’igihugu Kagame ashobora gusura abanyarwanda aho bari hose ku isi (Rwanda day) kdi bakaboneka,igikorwa ibindi bihugu byo ku isi byagerageje bikabananira bikagaragaza ubumwe n’ubufatanye abanyarwanda bafitanye buzatuma iterambere rikomeza kwihuta kurushaho, ni mukomerezaho turabakurikirana.