Ibitekerezo ( 12 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58Iziheruka
KNC yitandukanyije n’Ikipe ya Mukura yahoze afana, anavuga uburyo Gasogi izayifata ku gakanu
13/02/2020 - 19:40
Reba uko Kata na Kumite zikinwa mu mukino wa Karate
12/02/2020 - 16:33
Kuva mu mashyamba ya Congo babigereranya no kuva ibuzimu bakajya ibuntu
12/02/2020 - 16:25
Yozafina yubakiwe inzu izamara imyaka 500, iyumvire ibyishimo afite
10/02/2020 - 22:56
Intwari z’i Nyange: Abarokotse ibitero by’abacengezi baravuga uko byagenze
6/02/2020 - 17:36
Afurika na yo ishobora gukora Drones – Perezida Kagame
6/02/2020 - 17:06
Batuzana mu Rwanda twumvaga baje kuturoha mu Kivu: Ikirenga Frida umwe mu bari inyeshyamba za CNRD
5/02/2020 - 13:08
Nyarushishi: Babyariye mu Rwanda nyuma yo kwiruka mu mashyamba ya Congo bahunga FARDC
3/02/2020 - 09:47
Sinzi niba byapfa korohera abantu bahatuye gukomeza ubuzima bwobo ahubwo .
burya koko ururimi n inyama yigenga. ibaze nkawe mama wawe afite mo nk;akazu kandi nawe waramuteye inkunga kugirango akagereho wakwishimira kongera kwikora ku mufuka .icyo mbona ku wabivuze ntabunyarwanda burimo kabisa ngaho azakoreshe inama abivuge bariya bantu binaganitse kuri uriya musozi bazamwiyahuraho.murakoze.
ariko uwo muntu wemeza ko abantu bimurwa ntangurane icyamunyereka nkamubaza niba atambaye umubiri nkuwabandi