Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Aba Ofisiye bakuru mu bihugu 9 by’Afurika basoje amasomo mu ishuri Rikuru rya Polisi y’u Rwanda
22/06/2025 - 17:13
RPF-Inkotanyi and China’s CPC Strengthen Ties with New Cooperation Agreements
22/06/2025 - 17:09
Ikiganiro ku Byakozwe na Guverinoma mu guteza Imbere imibereho y’Abanyarwanda
20/06/2025 - 12:11Iziheruka

Video: Miss Meghan yahishuye umwihariko wa Miss Rwanda 2021
18/02/2021 - 19:03
Sankara: Biteye isoni kubona Rusesabagina yihakana ko ari Umunyarwanda
18/02/2021 - 18:37
Kigali: Abantu 129 bafatiwe mu tubari na Sauna barenze ku mabwiriza yo kwirinda Covid-19
14/02/2021 - 23:46
Miss Viviane wakize Covid-19 yafashwe ava mu rugo rwahinduwe akabari
14/02/2021 - 23:34
Bibishaga uburiganya n’impapuro mpimbano: Iyumvire uko babikoraga
14/02/2021 - 23:22
Ubuhamya: Yigomwa Buruse kugira ngo afashe abana bafite ibibazo nk’ibyo yahoranye
14/02/2021 - 23:12
Umugande yafatanywe ibiro 20 by’urumogi yacuruzaga mu Rwanda
14/02/2021 - 23:03
Perezida Kagame yasabye Amavubi gukomera kuri Discipline kuko ari ryo shingiro ry’ubunyamwuga
14/02/2021 - 21:18
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.