Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Mu Rwanda hasojwe ikoraniro mpuzamahanga ry’Abahamya ba Yehova ryitabiriwe n’abarenga ibihumbi 40
10/08/2025 - 23:37
Minisitiri w’Intebe yasuye umushinga w’ubuhinzi n’ubworozi wa Gabiro n’ibindi bikorwa
9/08/2025 - 17:03
Minisitiri w’Intebe yasuye uruganda rutunganya amakaro rwa Nyagatare
8/08/2025 - 16:36Iziheruka

Imihigo 2021/22: Nyagatare ku mwanya wa mbere, Burera ku mwanya wa nyuma
2/03/2023 - 18:27
Abaturarwanda kuri ubu barenze miliyoni 13 (Ibyavuye mu ibarura rusange)
2/03/2023 - 17:44
Minisitiri w’Intebe yagaragaje uko u Rwanda rwiyubatse mu bukungu nyuma ya COVID-19
2/03/2023 - 16:23
Perezida Kagame yihanangirije abashaka gukira vuba binyuze mu bujura
2/03/2023 - 16:03
Ihere ijisho ubuhanga bwo guhangana n’umwanzi bw’abapolisi bashya mu mwuga
26/02/2023 - 22:02
Uganda’s trio band B2C reveal their admiration for Rwandan music
23/02/2023 - 17:10
Rwanda and Jordan to waive visa requirements on regular passports, sign three agreements
23/02/2023 - 16:45
Jordan’s Deputy Prime Minister pays tribute to victims of the Genocide against the Tutsi
23/02/2023 - 16:36
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.