Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29
Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32Iziheruka

Fireside Chat with President Kagame at Hanga Pitchfest 2023
11/12/2023 - 10:54
‘Loopa’ is the Winner of Hanga Pitchfest 2023 || Awarded by President Kagame
11/12/2023 - 10:54
Human Trafficking: Henshi batunguwe no kumva ko hari abantu bacuruza abandi
11/12/2023 - 10:33
Zuchu performing her hit songs ‘Kwikwi,’ ‘Honey’ and ‘Utaniua’ during ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:29
Sherrie Silver and her breakdancers stage a thrilling performance at ‘Move Afrika’ show in Kigali
8/12/2023 - 16:05
Watch Bruce Melodie’s performance at ‘Move Afrika’ show featuring Kendrick Lamar
8/12/2023 - 15:41
Kendrick Lamar thrills music fans in Kigali with an epic performance
8/12/2023 - 14:26
What a good way of ending the year! - President Kagame at Move Afrika Concert
8/12/2023 - 14:16
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.