Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Perezida yadutumye ngo tworohereze abamotari - IGP Namuhoranye, Umukuru wa Polisi
30/04/2025 - 20:32
SADC yacyuye intwaro zayo zari muri RDC izinyujije mu Rwanda
29/04/2025 - 18:20
EdTech: Guteza Imbere Amasomo ya Siyansi n’ Ikoranabuhanga hifashishijwe Ikoranabuhanga mu Burezi
29/04/2025 - 17:53Iziheruka

Perezida Kagame: Abagore ntibakwiriye kwihanganira gukubitwa
9/03/2024 - 07:38
Abanyekongo bahungiye mu Rwanda barasaba gufashwa gusubira mu gihugu cyabo
7/03/2024 - 13:35
Ikiganiro na Amb. Mukantabana umaze imyaka 10 ayobora Ambasade y’u Rwanda muri USA
5/03/2024 - 01:45
Impunzi z’Abanyekongo ziba mu Rwanda ziramagana ubwicanyi bukorerwa Abatutsi
5/03/2024 - 01:12
Twirukanywe muri Uganda tuzira Ikinyarwanda, ubu tukivuga twisanzuye - Gen (Rtd) Kabarebe
4/03/2024 - 14:34
Imbyino n’imivugo by’abana baba mu mahanga bizihiza Umunsi w’Ururimi kavukire
3/03/2024 - 10:10
Rwanda’s First Lady Jeannette Kagame graces Kigali Triennial Fashion Show
25/02/2024 - 22:06
Gupima Kanseri mu Rwanda byaroroshye - Dr Sebahungu Fidèle
25/02/2024 - 21:50
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.