Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Ishusho rusange y’ Uburezi mu Rwanda
16/06/2025 - 11:45
#UBYUMVA UTE: Uburenganzira bw’ Umwarimu ku Mushahara We
10/06/2025 - 13:40
Rwanda Beyond The Headlines, with Central Bank Governor on Development of Financial Sector
8/06/2025 - 08:24Iziheruka

Ikigo cy’imyuga cya Nyarutarama cyatangiye gutanga umusaruro
27/08/2015 - 11:24
Imihanda imwe n’imwe mu mujyi wa Kigali yagizwe iy’abanyamaguru gusa!
24/08/2015 - 19:14
Minisitiri w’Intebe wa Ethiopia ari mu Rwanda
20/08/2015 - 21:39
Natasha ni we wegukanye ikamba rya Miss High School 2015
18/08/2015 - 09:27
Knowless wegukanye Primus Guma Guma Superstar ya 5, ni muntu ki?
16/08/2015 - 09:45
Umunsi wo gusoza Expo 2015
15/08/2015 - 18:02
Teta Sandra aragaragaza ukuri ku nkuru yamwanditsweho
10/08/2015 - 09:22
EXPO Rwanda 2015
10/08/2015 - 09:05
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.