Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Kurikira ibijyanye n’amabwiriza agenga imikoreshereze y’Amadovize mu Rwanda
20/12/2025 - 10:07
Abazagura itike y’Igitaramo ‘The Nu Year Groove’ bakoresheje ikarita za BK bazagabanyirizwa
15/12/2025 - 21:04
Ihame rya RPF ryo kurwanya ruswa ntirihinduka- Perezida Kagame
19/12/2025 - 22:13Iziheruka
VIDEO: Imyitozo ku kubungabunga amahoro yitezweho umusaruro ugaragara
30/08/2018 - 11:47
VIDEO: U Rwanda ruzaba diyama ya Afurika - Umukuru w’Ingabo z’Amerika
26/08/2018 - 08:16
VIDEO: Ijambo Perezida Kagame yagejeje ku Banyagisagara ubwo yaherekezaga abakandida Depite ba FPR
26/08/2018 - 08:10
VIDEO: UN irashaka ko abagore biyongera mu babungabunga amahoro
23/08/2018 - 07:49
VIDEO: ’Shared Accord 2018’, imyitozo igamije kunoza uburyo bwo kubungabunga amahoro ku isi yatangiye mu Rwanda
16/08/2018 - 07:18
VIDEO: Ibikorerwa mu Rwanda bimaze kwigarurira imitima ya benshi muri Expo 2018
13/08/2018 - 15:08
VIDEO: Perezida Kagame arasobanura ’kuba ikigwari’ icyo ari cyo
9/08/2018 - 17:25
VIDEO: Kigali Today Ltd iri ku isonga mu gutanga amahugurwa yo gufotora kinyamwuga
7/08/2018 - 15:27
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.