Ibitekerezo ( 2 )
Ohereza igitekerezo
|
Izikunzwe cyane

Urupfu rwa Rudahigwa: Ni nde wabazwa ibyaha byakorewe u Rwanda - Ikiganiro na Amb. Mutaboba
12/05/2025 - 10:15
Ubuhamya bw’umunyarwandakazi wahoze muri Wazalendo - Uko bafashaga FARDC kurwanya M23
2/05/2025 - 07:41
Ntabwo nigeze nimana ubutaka bwo kwaguriraho ingoro ya Yezu Nyirimpuhwe - Rwagashayija yisobanuye
2/05/2025 - 07:29Iziheruka

Irebere akarasisi ka Rayon Sports bishimira Igikombe (Video)
3/06/2019 - 12:03
Abafana ba Liverpool mu Rwanda baraye batembera Kigali bishimira intsinzi ya Champions League! (Video)
3/06/2019 - 11:24
Ubushinwa bwahaye u Rwanda inzu y’ibiro ihagaze Miliyari 25 Frw (Video)
22/04/2019 - 19:31
Uko umuyobozi w’ikirenga wa Qatar yakiriwe mu Rwanda (Video)
22/04/2019 - 10:08
RUSIRARE amaze imyaka 30 arimbisha Kigali (Video)
5/04/2019 - 10:34
Ibyiza byaranze urugendo mu ndege muri Parike ya Nyungwe (Video)
24/03/2019 - 11:20
Abarangije muri INES-Ruhengeri biyemeje kwihangira imirimo aho kuyisaba(Video)
16/03/2019 - 18:34
Comedy yanyubakiye izina, impesha akazi, ubu noneho nanjye ntanga akazi - NKUSI Arthur (RUTURA)
13/03/2019 - 13:38
akanozasuku bazagakureho
Akanozasuku nsanga uwakazanye atari imbabazi cyangwa impuhwe z’ubuzima bwa rubanda yari agamije ahubwo ni Business. IMPAMVU: 1. Iyo ukambaye watutubikanye Casque n’ubundi icyuya cyawe kiyigeraho. 2. Nsanga ntaho ataniye nuwavuze guca ama sachets yo guhahiramo kandi tukaba tukigura ibintu bifunze muri zo. urugero: a. Nta shati wasanga mu iduka itari mu i sachet kimwe n’indi myenda. a. Iyo uguze isukari usanga imbere mu mufuka harimo i sachet. c. Hari reams z’impapuro ziza zifunitse mu i sachet. yewe ni byinshi umuntu yatangaho ingero. Rero nsanga yarihangiye umurimo wo gukora amballage z’ibipapuro (Usage unique)kuko amballage z’ama Sachets wayikoreshaga none ejo ukayimesa. UKO MBIBONA KU KANOZASUKU: Nibakore akantu byibura karemereyemo gake (Icyuya kidapfa kumena ngo kigere ku mwenda wa Casque, Kabe gashobora kumeswa kugira ngo gakoreshwe kenshi, gashirwe ahantu hose bityo umugenzi akigurire, igihe cyose akagendane nk’itegeko noneho natega moto abe agafite. Nibahagarika umumotari, umugenzi abe ariwe ukabazwa. Mwaba mwibuka induru zavuze igihe bategeka ko umugenzi yambara casque? kuki se byageze aho bigakunda? Nibadushakire akantu kenda kumera nka karya abadamu bashyira mu mutwe kugira ngo umusatsi wabo utajagarara.